Gukora ubucuruzi biragora rimwe na rimwe. Turabizi kandi ko hari igihe umucuruzi akenera uwamutera ingabo mu bitugu ngo ibikorwa bye bitadindira, akaba ari muri urwo rwego GTBank yagushyiriyeho inguzanyo y’ingoboka (iboneka muri RWF, GBP, USD, na EURO) kugira ngo izakurinde gusubira hasi.